Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe busaba abaturage kubaka hakurikije igishushanyombonera, bakirinda gutura ahatemewe. Ni ubutumwa butangwa n’umuyobozi…
Kuri uyu wa Kane tariki 10 Mata, mu Kagari ka Nasho, mu Murenge wa Mpanga, habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi,…
Mu gihe u Rwanda n’Isi bari mu gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Umuyobozi w’Akarere Rangira Bruno yageneye…
Mu gutangiza icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi kuri uyu wa Mbere tariki 07 Mata 2025, Umuyobozi…
Ku itariki ya 30 Werurwe 2025, kuri Sitade y’Akarere ka Ngoma habereye imikino ya nyuma mu marushanwa y’Umurenge Kagame Cup 2025 ku rwego rw’Intara…
Kuri uyu wa 27 werurwe 2025 Mu karere ka Kirehe mu murenge wa Gatore mu kagari ka Nyamiryango hasojwe icyumweru cyahariwe umujyanama n’umufatanyabikor…
Abayobozi b’Imidugudu 60 mu Karere bahawe ubumenyi butuma Imidugudu yabo ihora itekanye itarangwamo icyaha kandi ikaba n’ishingiro ry’iterambere…
Mu cyumba cy'inama cy'Akarere habereye inama y’inama Njyanama idasanzwe y’Akarere iyobowe na Perezida w'inama Njyanama y'Akarere Prof.Dr Kabera…
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 01/03/2025 mu Karere habereye Umuganda wihariye wa ba mutimawurugo wabereye mu Kagari ka Kazizi, Umurenge wa Nyamugari…
Kuri uyu wa gatatu tariki 19/02/2025 mu karere habereye inama ku bufatanye na Alight ku kurwanya,gukumira ihohoterwa rishingiye ku gitsina no gufasha…