Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe busaba abaturage kubaka hakurikije igishushanyombonera, bakirinda gutura ahatemewe. Ni ubutumwa butangwa n’umuyobozi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana Rangira Bruno, wifatanyije abaturage bo mu Murenge wa gahara mu Kagari ka Butezi mu nteko y'abaturage yabaye ku gicamunsi…
Ubuyobozi bw’akarere kuri uyu wa Kabiri tariki 29 Nyakanga 2025, bwifatanyije n’ubuyobozi bwa Kompanyi yitwa GOPA yihariye ishyira mu bikorwa…
Amahugurwa y’abatoza bazakurikirana gahunda yo kwita ku rubyiruko mu biruhuko azatangira ku itariki 23 Nyakanga 2025 akaba ateganijwe kugera tariki 29…
Kuri uyu wa 17 Nyakanga 2025 mu Murenge wa Gahara hatangirijwe umushinga FEREC (Femme engagees pour la resilience climatique au Rwanda) uterwa inkunga…
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana Nzirabatinya Modeste aratangaza ko inteko z’abaturage zifasha gukemura ibibazo no…
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Nyakanga 2025, mu Karere ka Kirehe abaturage batuye mu Kagari ka Ruhanga mu Murenge wa Kigina bazindukiye muri gahunda…
Uyu munsi, Umuyobozi w'Akarere Bwana Rangira Bruno, ari kumwe n'abandi bayobozi yatangirije ku mugaragaro ibizamini bisoza ibyiciro by'amashuri…
Kuri uyu wa Mbere tariki 07 Nyakanga 2025, Perezida w’inama njyanama y’Akarere Prof. Dr. Kabera Callixte, n’Umuyobozi w’Akarere Bwana Rangira,…
Hirya no hino mu Karere, kuri uyu wa Gatanu, tariki 04 Nyakanga 2025, habereye ibirori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 31 ishize u Rwanda rwibohoye…